in

Umuriro uzaka i Nyarugenge: FERWAFA yahaye umugisha itariki ndetse n’aho umukino uzahuza APR Fc na Rayon Sports muri Super Cup

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’  ryatangaje itariki ndetse n’aho umukino uzahuza APR Fc na Rayon Sports bahatanira Super Cup.

Izi kipe zombi zikomeje kugura abanyamahanga, batandukanye kandi bakomeye muri Africa, bazakina tariki 12 Kamena 2023, uzabere kuri Kigali Pele Stadium.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntakozwa ibyo kwambara ikariso! Umunyarwandakazi Dabijou uzwiho kugira imiterere irangaza benshi, yagaragaye yambaye akenda kabonerana umubiri wose nta kariso yambariyemo – AMAFOTO

Amakipe ashaka yamusamira hejuru! Kiyovu Sports yirukanye umukinnyi ukomeye wafasha amakipe menshi hano mu Rwanda