in

Umuriro ugiye kwaka: Inzozi za Neymar zo kubabaza Messi zaba zigiye kuba impamo?

Ku munsi wo Ku wa Mbere ubwo ikipe ya Brazil yatsindaga ikipe ya Perou mu mikino ya Copa America, Neymar Jr. yatangaje ko yifuza kuzahurira na Leo Messi ku mukino wa nyuma (final) wa Copa America. Icyo gihe Argentine ya Leo Messi yari isigaranye umukino umwe w’ikiraro kugirango igere ku mukino wa nyuma (final) ni umukino wabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu ukarangira ikipe ya Argentine itsinze ikanagers kuri Final.

Ese cyaba aricyo gihe nyacyo cya Neymar kugirango ababaze mugenzi we Leo Messi bakinanye muri FC Barcelone mbere yuko ajya muri PSG ari nayo akinira ubu? Reka tubitege amaso! Mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru tariki ya 11 Nyakanga 2021 bizasobanuka nyuma y’umukino wa Final ya Copa America uzabera guhera ku isaha ya saa munani z’ijoro ku isaha ya Kigali.

Neymar na Messi bazahurira kuri Final ya Copa America kuri iki Cyumweru

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mubyara we yaramusambanyije amutera inda aramuta||Yabyaye yiga mu mwaka wa kabiri w’ayisumbuye||uyu mwari abayeho nabi cyane.

Ikimero cye gituma abasore bose bamurwanira bashaka kumutereta kandi arwaye SIDA.