in

Umuririmbyi kabuhariwe wari umaze kuba igikomerezwa y’iyahuye kubera impamvu ikomeye

Umuririmbyi kabuhariwe wari umaze kuba igikomerezwa y’iyahuye kubera impamvu ikomeye

Umuhanzikazi waririmbaga injyana ya Pop Coco Lee yapfuye yiyahuye nyuma yo guhura n’agahinda gakabije.

Urupfu rw’uyu muririmbyi rwatangajwe n’abavandimwe be, bagaragaje ko yagerageje kwiyahura iwe mu rugo, nyuma akaza kujyanwa mu bitaro ari na ho yaje kugwa kuri uyu wa Gatatu tariki 5 Nyakanga nyuma y’iminsi mike yari amaze muri ‘coma’.

Coco Lee yiyahuye nyuma yo kuzahazwa n’agahinda gakabije mu myaka yashize. Umuryango we uvuga ko yashatse abamufasha gusa bikongera gusubira irudubi mu mezi ashize ari na byo byatumye afata umwanzuro wo kwiyambura ubuzima

Coco Lee yamenyekanye mu ndirumbo nka “A Love Before Time” yatwaye n’ibihembo bikomeye bya Oscar kuko yifashishijwe muri filime ya “Crounching Tiger, Hidden Dragon”.

Coco Lee Yavukiye muri Hong Kong ariko yiga San Francisco i California muri Amerika aho yagiye yimukanye n’umuryango akaba ari naho yari atuye .

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abyungukiyemo: Umuhanzi Bahati Kenya yemereye Phil Peter ibintu bifite agaciro gahambaye

Iki nicyo cyabahima: Nyuma ya Uganda hari ikindi gihugu cyo muri Afrika cyashyize ho itegeko rikakaye rihana abatinganyi ndetse n’abaziha kuzana ibyo kubavugira bazahanwa igihano gikubye gatatu ikizahabwa umutinganyi nyirizina