in

Umupolisi yiciwe mu gihuru arimo asambana n’umukunzi we atari yarangiza igikorwa

Umupolisi yarashwe ahita apfa ubwo yari arimo gusambana n’umukobwa mu gihuru ahitwa Mpumalanga, muri Afurika y’Epfo.

TimesLive yatangaje ko Bwana Judas Chiloane w’imyaka 60, umuyobozi ushinzwe umutekano wo mu muhanda ahitwa Bushbuckridge, bivugwa ko yarasiwe mu ntebe z’inyuma z’imodoka ya Ford Ranger bakkie abiri ubwo yari ashishikaye ari kwiha akabyizi n’umukunzi we bakiri mu gikorwa.

Aba bavuga ko bamwambuye imbunda ye mbere yo kumurasa mu itako no ku mubiri hejuru. Umukunzi we yashakishije ubufasha, maze abapolisi bahageze, batangaza ko mugenzi wabo yapfiriye aho.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uyikura mu icupa igukura mu bagabo: Umuraperi ukomeye yasohowe muri sitade kubera ubusinzi (AMAFOTO)

Wari uziko indwara ya Hippopotomonstrosesquippedaliophobia benshi muri twe tuyirwaye?