in

Umupasiteri arashinjwa kwaka akayabo abayoboke be kugirango abajyane mu ijuru

A group of people listening to a sermon in church - Buy credits

Pasiteri Ade Abraham wo muri komisiyo ishinzwe umurimo wa Kristo, uzwi ku izina rya Royal Christ Assembly, muri Leta ya Kaduna,muri Nigeria arashinjwa kwaka abayoboke b’itorero rye amafaranga menshi cyane abizeza ko agiye kubajyana mu ijuru bidatinze.

Nk’uko amakuru abitangaza, yavuye muri leta ya Kaduna ashinga urusengero muri leta ya Ekiti aho yagiye asaba abayoboke be amafaranga asaga ibihumbi 800 mu manyarwanda abizeza ko azabajyana mu ijuru bidatinze

Video ikwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga yerekana intore zimwe zimaze mu nkambi zitegura kuzamuka kwabo isi irangiye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru itangaje y’Umunyarwandakazi w’imyaka 70 utararyamana n’umugabo n’umwe

Breaking news: Itariki umunsi Mukuru wa Eidil-Fit’ri uzaberaho iramenyekanye