in

Umupasiteri amaze umwaka yarapfuye banga kumushyingura bategereje ko azuka

Nkuko umupasiteri yabyigishije abakirisitu be, yababwiye ko nta mukiranutsi upfa ahubwo asinzira akaba ariyo mpamvu atigeze ashyingurwa ahubwo bategereje ko uwo mupasiteri azuka.

Siva Moodley w’imyaka 53 yitabye Imana umwaka ushize ariko kubera ko yajyaga yizeza abakirisitu be ko iyo umuntu ari umukiranutsi adapfa ahubwo asinzira Kandi bakaba bari bizeye ko ari umukiranutsi niyo mpamvu batamushhinguye bategereje ko azuka.

Amaze Igihe kingana n’umwaka mu buruhukiro bw’ibitaro biri Johnnesburg muri South Africa dore ko yitabye Imana ku wa 18/08/2021 ariko magingo n’aya ntago arashyingurwa kubera ko abakirisitu n’umuryango we bategereje ko azazuka.

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking News: Ikipe ya Chelsea yamaze gutangaza umutoza mushya nyuma yo kwirukana Thomas Tuchel

Rayon Sports yamaze kumvikana n’umufatanyabikorwa mushya ukomeye