in

Breaking News: Ikipe ya Chelsea yamaze gutangaza umutoza mushya nyuma yo kwirukana Thomas Tuchel

Ikipe ya Chelsea Fc yamaze gutangaza ko yasinyishije umutoza mushya nyuma yo kwirukana Thomas Tuchel.

Chelsea yatangaje ko yasinyishije Graham Potter watozaga ikipe ya Brighton yo mu gihugu cy’u Bwongereza mu kiciro cya mbere (EPL).

Graham Potter yasinye amasezerano y’imyaka itanu muri iyi kipe yaguze n’umuherwe w’umunyamerika, Today.

Uyu mutoza, Potter aje muri uyu mwanya gusimbura Thomas Tuchel weretswe umuryango ku munsi w’ejo hashize.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo ufite ikibuno kinini kurusha umugore we yagishije inama Shadyboo abantu bamurangira imiti isekeje

Umupasiteri amaze umwaka yarapfuye banga kumushyingura bategereje ko azuka