in

Umunyezamu yari yivuganye umufana abantu barahagoboka nyuma y’ibyo umufana yarashatse gukora

Ni mu mukino wa Eupora League wahuzaga ikipe ya Sevilla yo mu gihugu cya Espagne ndetse na PSV yo mu buhorandi.

Uyu mukino habereyemo agashya ubwo umwe mu bafana yinjiye mu kibuga aje guteza akavuyo nk’uko bamwe bajya babikora gusa we ntibyamuhira kuko umuzamu wa Sevilla Marko Dmitrović yahise amusingira amufatira hasi kugeza abashinzwe umutekano baje basubiza uwo mufana mu mwanya we.

Muri uyu mukino PSV yanyagiye ikipe ya Sevilla ibitego 2-0 umukino urangirira utyo.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bamwe bati Bruce Melodie indwara yo gushishura iranze iramwokamye- bimwe mu byo bamwe bagendeyeho bagera amashoka indirimbo nshya ya Bruce Melodie bayita igishishwa

Rutahizamu wa Nigeria y’abarimunsi y’imyaka 20, igihagararo cye gikomeje kurikoroza _ AMAFOTO