in

Bamwe bati Bruce Melodie indwara yo gushishura iranze iramwokamye- bimwe mu byo bamwe bagendeyeho bagera amashoka indirimbo nshya ya Bruce Melodie bayita igishishwa

Ku wa kane tariki 23 Gashyantare 2023 nibwo umuhanzi Bruce Melodie yashyize hanze Amajwi n’amashusho by’indirimo ye nshya yise ‘Selebura’.

Bitewe na tumwe mu dushya yashyizemo tujya guhura n’utwindirimbo ‘Buga’ y’umuhanzi wo muri Nigeria Kizz Daniel nibyo bamwe bazamukiyeho bamwibasira bavuga ko yashishuye.

Aya mafoto nayo mu ndirimbo ya Bruce Melodie yitwa ‘Selebura’.
Iyo bari kugereranya ko yashishuye amashusho  ni iyi ya Kizz Daniel yitwa Buga.

Gusa ibi siko benshi babibonye kuko bemeje ko ibyakorerwa mu mashusho atari ugushishura ahubwo ari ugukoresha igitekerezo cy’undi muntu kandi abantu bigiraniraho.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Yari nk’umubu” Amagambo y’umutoza wa Manchester United agaruka ku mukinnyi we

Umunyezamu yari yivuganye umufana abantu barahagoboka nyuma y’ibyo umufana yarashatse gukora