in

Umunyezamu w’ikipe ikomeye muri Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda yasezeranye n’umukunzi we

Umunyezamu usanzwe ifatira ikipe y’Amagaju FC, witwa Twagirimana Pacifique (Paccy) yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we I.Aimée Thacienne.

Kuri ubu ikipe y’Amagaju FC iri ku mwanya wa Kabiri ku rutonde rwa Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda.

Paccy uri mu Amagaju ku nshuro ya kabiri yanabaye muri Bugesera FC, Musanze FC na Rwamagana City.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Dusabimana Clarisse! Umugore utemera gahunda za Leta yitabye Imana yagiye kubyarira mu rugo rw’umunyamasengesho basengana

Thierry Froger wa APR FC yemeje amakuru ataguye neza abafana ba APR FC