in

Umunyezamu wa Police FC yaraye ahuye n’uruvagusenya ubwo yari muri Saint Valentin

Amakuru yaraye asakaye hanze nuko imodoka ya Benz yari iri hafi ya Mic yaje gufatwa n’inkongi y’umuriro ubwo Rwabugiri Omar yarimo kwizihiza st valentin n’umukunzi we.

Rwabugiri yemereye bagenzi bacu koko imodoka yahiye ari iye ariko abantu bari hafi aho bahise bafatirana barayizimya na polisi isanga bisa n’ibirangiye.

Ati “nibyo ni iyanjye. Twari hejuru muri MIC nibwo yafashwe n’inkongi, abantu bari hafi aho batangiye kuyizimya ntabwo yakongotse, polisi yasanze bisa n’ibirangiye, ntabwo yahiye cyane izakorwa ijye mu muhanda nk’ibisanzwe.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Muheto wamamaye muri #MissRwanda2022 yagaragaye mu myambaro idasanzwe (Amafoto)

Ibyo utaruzi ku mutobe uva muri seleri