in

Umunyezamu wa Paris Saint-Geramain uherutse gukora impanuka ikomeye akamara igihe kinini mu bitaro hamenyekanye andi makuru mashya ku buzima bwe

Serigio Rico ni umunyezamu w'ikipe y'igihugu ya Espagne akaba afite imyaka 29

Umunyezamu wa Paris Saint-Geramain uherutse gukora impanuka ikomeye akamara igihe kinini mu bitaro hamenyekanye andi makuru mashya ku buzima bwe

Umunyezamu Serigio Rico usanzwe ari afatira ikipe ya muri Paris Saint-Germain ariko akaba ari umuzamu wa kabiri hamenyekanye amakuru mashya avuga ko ari koroherwa nyuma y’igihe arwaye.

Umuryango wa Sergio Rico niwo watangaje ko umuhungu wabo yatangiye koroherwa nyuma yo kumara igihe yitabwaho n’abaganga. Ibi byabaye nyuma y’uko yakoze impanuka bikarangira ifarashi ye ihasize ubuzima.

Serigio Rico ni umunyezamu w'ikipe y'igihugu ya Espagne akaba afite imyaka 29

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biteye inkeke! Mu buhinde abasore bari gukobwa amafaranga atagira ingano mu gihe umukobwa utayabonye aguma mwa nyina na se arya utwabo

Abantu 30 bari bagiye gutabara Donath wapfiriye mu mpanuka yahitanye Pastor Theogene bajyanywe mu bitaro nyuma yo kunywa umusururu warozwe