in

Umunyezamu ukomeye yatsinzwe ibitego byinshi bimuviramo gufungwa

Umunyezamu watsinzwe ibitego byinshi agahita afungwa

Mu gihugu cy’ubudage muri champiyona yabatarabigize umwuga habayemo ibintu bitigeze bibaho mumateka ubwo umunyezamu w’ikipe yitwa SV Vonderort yatsindwaga ibitego 43 mu mukino umwe gusa.

Ikintu cyambere gitangaje nuko ibitego 35 byambere yabitsinzwe mu gice cyambere gusa,ibindi bisigaye abitsindwa mu gice cya kabiri. Marco Kwiotek uyu musore w’imyaka 25 nyuma y’uyu mukino yatsinzwemo aka kayabo k’ibitego Polisi yo muri iki gihugu yaje mu myitozo y’iyi kipe ihita imupakira shishi itabona kugira ngo bamujyane mwibazwa ry’ukuntu yemeye kwinjizwa kariya kayabo k’ibitego cyangwa niba ataragambaniye ikipe ye.

Marco aherekejwe na polisi
Marco aherekejwe na polisi

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

ISHYANO RIRAGWIRA! Nyampinga w’umunyarwandakazi yashyize hanze video ari mu gikorwa cy’ubusambanyi bwuzuye

Lionel Messi yahishuye uburyo ajya aterwa isoni n’ibintu Neymar akunda kumukorera