in

Umunyezamu Ntwari Fiacre yageze ku gikombe aho kugiterura ahubwo agikozaho imitwe y’intoki

Ntwari Fiacre n’ikipe ye TS Galaxy FC yo muri Afurika y’Epfo babuze igikombe cya Knockout ni nyuma yo gutsindirwa ku mukino wa nyuma na Stellenbosch FC.

TS Galaxy FC yatsindiwe kuri penaliti 5-4 amakipe yombi yari yanganyije 1-1, bageze muri penaliti Ntwari Fiacre akuramo penaliti ya mbere ya Stellenbosch ariko bagenzi be baza guhusha izindi 2 babura igikombe gutyo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Nsabye imbabazi n’umutima umenetse”! Uwase Jacky wamenyekanye mu mafoto yambaye ubusa ubu ibyo kwiyandarika bigiye kuba amateka -IFOTO

Mu karere ka Rubavu abantu bari gucuruzwa umusubirizo