in

Umunyarwenya Mitsutsu yanditse amateka  yegukana igihembo gikomeye 

 

Umukinnyi wa filime zisetsa Mitsutsu umaze gukundwa na benshi hano mu Rwanda kubera ubuhanga akoresha mu gihe ari gukina yahawe igihembo cy’umukinnyi wahize abandi bahungu muri filime zo gusetsa.

Umunyarwenya Mitsutsu yahawe iki gihembo ahigitse abandi bakinnyi ba filime zisetsa harimo umaze gukundwa cyane ari Dr. Nsabi, gusa iki gihembo ntago Mitsutsu yagitahanye kuko yahise agiha bossi we Killerman avuga ko ari we warugikwiriye kuko yamufashije byinshi kandi ari nawe utumye ageraho ageze.

Byari mu bihembo byabaye ku nshuro yabyo ya mbere byateguwe na KA Bright Business Group byitabiriwe na bakinnyi ba filime benshi kuko yatanzwe ari byinshi kandi bitandukanye

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abanyarwanda basaga 1000 bafungwa buri kwezi

Amakuru mashya yihutirwa ku ikipe y’igihugu ya Benin izacakirana n’Amavubi mu mukino w’ishiraniro