in

Umunyarwandakazi witwa Shania ukora muri Banki yahaye umusore ibihumbi 100 by’idiho kubera kumuterura bari gutera akabariro

Umunyarwandakazi witwa Shania ukora muri Banki yahaye umusore ibihumbi 100 kubera kumuterura bari gutera akabariro.

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje gusakara ubutumwa bw’umukobwa n’umusore.

Muri ubwo  butumwa, umukobwa aba yarakariye umusore nyuma yo kujya kumusura agasanga ntawuhari.

Mu butumwa, uyu mukobwa aba ashinja uyu musore kumuca inyuma aho aba avuga ko yaje agasanga Radiyo iri kuvuga akabura umukingurira.

Mu burakari bwinshi uyu mukobwa atangira gucyurira uyu musore ko yamuhaye ibihumbi 100 bye.

Umusore yibutsa iyi nkumi ko yayamuhaye ntayo amusabye ko ahubwo yanyuzwe n’ukuntu uyu musore yamurongoye amuteruye akayamuha nk’agashimwe.

Uyu mukobwa akimara kubona ubwo butumwa aracururuka maze agahita asaba uyu musore ko yamusura kuko aba yumva yongeye kumukumbura.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu marira menshi, Dr Kanimba yibutse amagambo yabwiwe n’umwana w’imyaka ine ubwo yari arembye ndetse yibuka n’ibyo abantu bamukoreye bacyumva ko arwaye, ahita asuka amarira – VIDEWO

Rutahizamu Boniface yagaragaye mu ndege ari kumwe na nyirakuru we bagiye mu Budage ahabarizwa ikipe ye ya Bayern Leverkusen – AMAFOTO