in

Umunyarwenya Kevin Hart n’umuryango we bari mu Rwanda -AMAFOTO

Umunyarwenya wo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Kevin Hart n’umuryango we bari mu Rwanda, aho baje mu biruhuko.

Uyu mugabo w’imyaka 44 wamenyekanye muri filime nka ‘Ride Along’, ‘Jumanji’ na ‘Man from Toronto’ yasuye inzu y’imideli ya ‘Haute Baso’ ikorera mu Mujyi wa Kigali agura imyenda ya Made in Rwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ifaranga riracyisuka mu kigega bayahunikamo! Rayon Sports imeze gusinya amasezerano mashya n’umufatanyabikorwa mushya

Dore amafoto utigeze ubona y’ubukwe bwa Rukundo Nkota na Sebihozo Kazeneza Merci barebana akana ko mujisho