in

Umunyarwanda Emmanuel Bagwaneza aratabaza Polisi y’u Rwanda nyuma y’akarengane avuga ko yakorewe n’umupolisi wo mu muhanda

Umunyarwanda Emmanuel Bagwaneza aratabaza Polisi y’u Rwanda nyuma y’akarengane avuga ko yakorewe n’umupolisi wo mu muhanda.

Yifashishije urukuta rwe rwa X, Emmanuel Bagwaneza yagaragaje ikibazo cye maze asaba ko yarenganurwa hakiri kare.

Yagize ati: “Mwaramutse @Rwandapolice ndasaba kurenganurwa Ejo 15.11.2023 nafashwe numupolisi wo mu muhanda ntwaye moto scooter mfite category B.antwarira moto ananyandikira ibihumbi 50,000 rwf. Igihano kidahuye nicyo itegeko.”

Akomeza agira ati: “Igihano cyo gufunga moto iminsi 15. Ukanongeraho amande ya 50000 rwf nicyo giteye ubwoba. Nahubundi umwete wo ndawufite code yikizami irahari.”

Polisi y’u Rwanda ntakintu yari yamusubiza.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biteye agahinda! Nzovu umaze imyaka 17 akina sinema yatangaje ko ntacyo byamumariye ahita avuga abantu babigizemo uruhare rukomeye -AMASHUSHO

“Uhuye na Perezida wamusaba iki? “  iki kibazo cyabajwijwe umukobwa w’Umurundi avuga ko yamusaba kumuhobera, kibazwa n’Umunyarwanda ariko ikintu yavuze cyagaragaje ko imitima y’Abakobwa bo mu Rwanda yashiriye muri iPhone – videwo