in

Umunyamidelikazi Bianca yatangaje amakuru atashimishije abakunzi be habe na gato

Umunyamakuru akaba n’umunyamideli Uwamwezi Mugire uzwi nka Bianca yatangaje ko muri uyu mwaka atazakora ibirori by’imideli bizwi nka ‘Bianca Fashion Hub’ kubera ko hari ibyo ahugiyemo.

Ibi Bianca yabitangaje mu kiganiro yagiranye na InyaRwanda, avuga ko kuri iyi nshuro ibi birori bitazaba biturutse ku mpamvu nyinshi zirimo no kuba hari ibyo ahugiyemo.

Ati “Muri uyu mwaka ibi birori ntibizaba kubera ko hari ibindi mpugiyemo niyo mpamvu.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Youssef Rharb ashobora kuzajya yicara ku ntebe y’abasimbura! Rayon Sports igeze kure ibiganiro na rutahizamu w’umunyamahanga ufite ubuhanga budasanzwe uzajya uhanganira umwanya na Youssef Rharb

I Nyarugenge inkuba zikubise imvura itaguye nyuma y’uko ikipe imwe iriye indi gapapu! Umukinnyi wari wemeye ko azasinya muri Rayon Sports yabonye bari gutinda kumuha itike ni uko maze ahita asinyira ikipe y’abanyamujyi bamwisangiye iwabo bidasabye ko we atirimuka