in

Umunyamakurukazi ukomeye wa RBA yongeye gushimangira uburanga bwe (Amafoto)

Umunyamakurukazi ukomeye kuri RBA mu kiganiro cy’imikino, Rigoga Ruth yongeye kugaragaza uburanga bwe.

Uyu munyamakurukazi ukora kuri RBA mu kiganiro cy’imikino, yabigararije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze zigiye zitandukanye.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze zigiye zitandukanye, yashyizeho amafoto ye yo mu bihe bitandukanye harimo aho aba ari ku mazi ndetse yambaye n’ikanzu nziza cyane.

Nyuma yo gushyiraho ayo mafoto, uyu munyamakurukazi yayaherekesheje amagambo agira ati: “Bye bye vacance. Reka dusubire mu butumwa twa tumwe na Nyagasani. Ukwa munani guhire.”

Aya mafoto yafashwe ubwo uyu munyamakurukazi yari ari mu biruhuko nyuma yakazi. Ni ibiruhuko yakoreye ku mazi.

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Umugabo yishe umwana w’imyaka 2 amwitiranyije n’urukwavu

Aisha wo muri Nyaxo Comedy na Nyambo wo mu ‘Umuturanyi’ bakaraze umubyimba mu ndirimbo ya Element Eleéeh (Videwo)

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO