in

YEGOKOYEGOKO NdababayeNdababaye

Umunyamakurukazi Sandrine Isheja yazamuye amarangamutima kuri Arthur Nkusi bakorana kuri Kiss FM

Nyuma y’aho umunyamakuru, akaba n’umunyarwenya Arthur Nkusi atangarije ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Ukwakira 2021 atazongera kumvikana kuri radio ya Kiss FM yakoreraga reba hano. Sandrine Isheja bakoranaga mu kiganiro cya mugitondo yagaragaje ko ababajwe no kuba Arthur agiye kwigendera ndetse avuga ko atazongera kubona umusetsa.

Yifashishije urukuta rwe rwa Instagram, Sandine yashyizeho amwe mu mafoto yabo yo mu bihe bitandukanye maze amushimira uburyo bakoranye , gusa anavuga ko azakumbura uburyo yamusetsaga kuri Radio ndetse amwifuriza ishya n’ihirwe mu rugendo rushya agiye gutangira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yafotowe ari kumviriza abarimo gutera akabariro

Andi mafoto utabonye ya Bijoux ugiye kurongorwa akorerwa ibirori bya Bridal Shower