in

Umunyamakuru wakunzwe mu myidagaduro hano mu Rwanda yakoze ubukwe bubereye ijisho (Amafoto)

Umunyamakuru Niyonkuru Eric wamamaye ku izina rya Neric akaba yarakoreye ibinyamakuru by’imyidagaduro bitandukanye hano mu Rwanda by’umwihariko kuri Inyarwanda Tv aho yatunganyaga amashusho (videographer) yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we bakazatandukanywa n’urupfu. Ni mu birori by’ubukwe bubereye ijisho nkuko amafoto akurikira abigaragaza. Aba bombi ntabwo basezeraniye hano mu Rwanda dore ko dufite amakuru ko Eric aherutse gufata rutemikirere akerekeza hanze y’U Rwanda.


Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa mwiza wahagarariye U Rwanda mu marushanwa y’ubwiza yahawe impano ikomeye n’umukunzi we (Amafoto)

Gabiro Guitar, waririmbye ko yanze igikwe, yarokotse impanuka ikomeye (Amafoto)