in

Umunyamakuru wakoreraga RBA ‘Televiziyo Rwanda’, yatorewe kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda

Uwababyeyi Jeannette wabaye umunyamakuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), yatorewe kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda.

Uwababyeyi Jeannette wari umunyamakuru usoma amakuru kuri Televiziyo Rwanda, yinjiye mu Nteko Ishinga Amategeko, nyuma y’uko agize amajwi 71.68%.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu burakari bwinshi, Haruna Niyonzima yasubije abavuga ko ashaje – VIDEWO

Araza azanye na rutahizamu uca inshundura! Rayon Sports yamaze kumvikana n’umutoza mushya uje gusimbura Julien Mette