in

Umunyamakuru wa Televiziyo Rwanda yaje gitungurwa ubwo abana bamusangaga muri sitidiyo ari kuvuga amakuru maze babyinana nawe indirimbo “Fou De Toi” – Videwo n’amafoto

Umunyamakuru wa RBA, Gloria Mukamabano yaje gitungurwa ubwo abana bamusangaga muri sitidiyo ari kuvuga amakuru maze babyinana nawe indirimbo “Fou De Toi” ya Ross Kana, Bruce Melodie na Element.

Ni abana basanzwe babyina mu itsanda bise Moriox Kids, aho baje uyu munyamakuru asoke kuvuga amakuru maze babyinana nawe muri sitidiyo.

Gloria Mukamabano yabyinnye nkusanzwe yararepetanye nabo kuko bahuza cyane.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Al Merrikh nibyo wabuze intsinzi ariko nibura wabonye imitima yacu” Umunyamakuru wa RBA yatwawe umutima n’inkumi z’uburanga zo muri Sudan zari zaje gushyigikira ikipe yabo (AMAFOTO)

Barareba APR FC ikina na PYRAMIDS! RAYON SPORTS iri hafi kugera mu Rwanda kugira ngo ize no kwihera ijisho Umucyeba ari kwikiranura n’Umwarabu (VIDEWO)