in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Umunyamakuru wa Televiziyo ikomeye mu Rwanda yakubiswe bikomeye.

Umunyamakuru wa BTN TV, witwa Patrick Maisha biravugwa ko yakubitiwe i Rubavu ubwo yari arimo gutara amakuru ku batwara abantu mu buryo butemewe muri Gare ya Gisenyi.

Bwiza dukesha iyi nkuru ivuga ko Maisha yahuye n’uruva gusenya kuwa Kane wiki cyumweru ubwo yari mu gikari giparikamo Taxi Voiture muri iriya gare.

Uyu munyamakuru avuga ko yasagariwe ari mukazi.RIB itangaza ko ntacyo irakora kuri iki kibazo gusa itangaza ko yakiriwe ikirego cyuyu munyamakuru.

Patrick Maisha avuga ko akeneye ubutabera kuko ngo bigayitse kwereka abaturage ikarita y’akazi bikarangira bakurwanyije.Mu mashusho yasakaye kuri internet agaragaza abaturage bivovota bavuga ko camera ye bari kuyimena.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

IFOTO Y’UMUNSI: Ndanda n’umukunzi we mu byishimo bya weekend.

Umugore yavugije induru avuga ko umugabo we atamushimisha mu buriri (Video)