in

Umunyamakuru wa Radiotv10 Kazungu Clever yatangaje ikipe aha amahirwe yo kwegukana Igikombe cy’isi

Igikombe cy’isi cya 2022 kirabura iminsi igera 10 ngo gitangire kikazabera mu gihugu cya Qatar, mu Rwanda ibitangazamakuru bikomeje kwitegura uko bizageza ku bakunzi babyo icyo gikombe gusa n’abanyamakuru bakora ibiganiro by’imikino bakomeje gutangaza amakipe y’ibihugu baha amahirwe yo kwegukana icyo gikombe cy’isi.

Umunyamakuru wa Radiotv10 Rwanda Kazungu Clever ukora ikiganiro Urukiko Rw’imikino aho kuri radio10, yavuze ko ikipe aha amahirwe yo gutwara igikombe cy’isi ari ikipe y’igihugu ya Brazil iyi kipe ayihuriyeho na mugenzi we Mucyo Antha Biganiro gusa Antha we avuga ko Brazil iza ku mwanya wa kabiri kuko ku mwanya wa mbere aha amahirwe ikipe y’igihugu y’Ubufaransa.

Dore ibyo yashingiyeho aha amahirwe yo gutwara igikombe cy’isi ikipe y’igihugu ya Brazil, reba ifoto aho hasi…

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze:Umugabo wari waravuye mu ishuri muri 2006 yiyemeje gusubira ku ishuri akigana n’imfura ye mu mashuri abanza(Amafoto)

Kabaye: R.Kelly yatangiye kuririmbira ubuntu