in

Umunyamakuru ukomeye yemeye ko ari umufana wa APR FC iteka ryose

Uwari umunyamakuru ukomeye hano mu Rwanda kuri Radio fine fm yemeye bidasubirwaho ko Ari umufana ukomeye wa APR FC.

Bruno Taifa wakoraga mu rukiko rw’ubujurire rw’imikino kuri Fine FM yemeye ko afana ikipe ya APR FC anavugako iyi kipe igomba kugera mu matsinda ya CAF Champions league nyafurika uyu mwaka uko byagenda kose.

Ubwo bamubazaga ko iyi kipe afana izatsinda ikipe ya US Monastir yavuze ko Monastir bazayikuramo ku gitego cyo hanze kuko bagomba kunganyiriza muri Tunisia igitego 1-1 APR FC igakomeza.

Uyu mugabo yasezeye kuri iyi Radio yerekeza muri leta zunze Ubumwe za Amerika kujya guhigirayo amafaranga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza ku bari barembejwe n’izamuka ry’amafaranga y’ishuri

Inkuru y’inshamugongo kuri Meddy