in

Umunyamakuru Sandrine Isheja Butera wakoreraga kuri Radio Kiss FM, yagizwe umuyobozi kuri RBA

Inama y’Abaminisitiri yateranye none ku wa gatanu iyobowe na Perezida Kagame, yagize Butera Isheja Sandrine umuyobozi wungirije w’ikigo cy’Igihugu cy’itangazamakuru, RBA.

Sandrine Isheja yari umunyamakuru wa Kiss FM, akaba agiye kungiriza Cleophas Barore usanzwe ukuriye RBA.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

NESA yatangaje igihe amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2023/2024 azatangarizwa

APR FC isezereye Azam FC ihita ibona itike yo gukomeza mu kiciro gikurikira