in

Umunyamakuru Rugaju Reagan yabaye igitaramo kuri Twitter kubera ubusesenguzi bwe buba burimo ubwiyemezi

Umunyamakuru ukomeye mu gusesengura umupira w’amaguru mu Rwanda, Rugaju Reagan yabaye igitaramo ku rubuga rwa Twitter kubera ubusesenguzi bwe.

Uko byatangiye ngo uyu munyamakuru abe igitaramo kuri Twitter, ni umuntu ukoresha amazina ya ‘Uratangaza iki’ yanditse ku rukuta rwe ati: “Nizereko mumaze kubona ibyo nababwiraga ko uyu mutipe atari muri top 5 yaba analyst beza muri uru Rwanda.”

Nyuma yo kwandika ayo magambo yahise ashyiraho ifoto y’umunyamakuru Rugaju Reagan ukora kuri RBA.

Nuko abamukurikira ku urwo rubuga baba batangiye kumuganiraho, aho bavugaga ko yagize umuntu urenze kandi ngo akaba avuga yikanira.

Dore ibitekerezo byatanzwe kuri iyo ngingo.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyihishe inyuma y’itandukana rya Cyusa Ibrahim na nyirasenge wa Miss Naomi

Ibyo abo mu muryango wa Bahavu bamukoreye ku isabukuru ye y’amavuko ntabwo azabyibagirwa (video)