in

Umunyamakuru Roben Ngabo agiye kwisanga muri RIB arezwe na Byiringiro Lague agiye

Rutahizamu wa Police FC, Byiringiro Lague, yahakanye amakuru avuga ko yaba yarambuye amafaranga abakinnyi bagenzi be.

Byiringiro yavuze ko ayo makuru atariyo, ndetse ko agiye kujyana mu mategeko umunyamakuru wayatangaje. Yagize ati: “Ni ibinyoma bigamije kwangiza izina ryanjye, kandi ngiye gufata ingamba zikwiye”

Aya makuru aje nyuma y’aho ku mbuga umunyamakuru Roben Ngabo atangaje ko uyu mukinnyi yaba afitiye imyenda bagenzi be bakinana. Kugeza ubu, ubuyobozi bwa Police FC ntiburagira icyo butangaza kuri iyi ngingo.

 

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yashyingiranywe n’ihene nyuma yo guterwa indobo agahishyi

Mohamed Wade watoje Rayon Sports yaciye ishene