in

Umunyamakuru, Rigoga Ruth wa RBA yagize ubwoba nyuma yo kubona amashusho y’umwicanyi ruharwa Kazungu yiyemerera ko ariwe wiyiciye abantu 14 – VIDEWO

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 21 Nzeri 2023, nibwo Kazungu Denis ukekwaho kwica abantu 14 bamwe akabahamba mu nzu yabagamo, yemeye imbere y’urukiko ko ariwe wabishe.

Mu kwiregura, Kazungu yabwiye Perezidante w’urukoko ko ibyo aregwa byose abyemera akaba yashyize umupira mu kibuga cye, redo amusaba kuba umuzamu mwiza.

Kwiregura kwa Kazungu, byatumye umunyamakuru wa RBA, Rigoga Ruth agira ubwoba nk’uko yabitangarije abinyujije ku rukuta raw raw X yahoze ari Twitter.

Yagize ati “Aya mashusho ya Kazungu murukiko ateye ubwoba! Nta bwoba, ntacyo yikanga, ntacyo ubona yishinja.”

Rigoga yakomeje agira ati “Azana mo ibintu byo gutera agapira no kugafata! Umenya Presidente w’urukiko yahise agwa mu kantu!”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Prince Kid yarakwirereye akwima ibituma ubyibuha! Benshi bakomeje kwibaza uburyo Miss Iradukunda Elisa ananutsemo kandi bigakomeza kumukururira urukundo kugeza ubwo bigaragara mu mafoto

Wagirango afite imyaka 12! Umugore wa Cristiano Ronald yaje mu isura nshya -AMAFOTO