in

Umunyamakuru Regis Muramira nyuma yo gutuka Anta abantu bamwakijeho umuriro.

Umunyamakuru ukorera Fine FM Muramira Regis yatangiye kugirwa umuntu mubi nyuma y’uko yumvikanye atuka Anta kuri mikoro.

Muramira Regis yumvikanye afata amazina ya Anta Biganiro akayahinduramo andi ayavanze n’ibitutsi aho yagize ati:” Anta Biganiro ngewe nita Bihuha”

Abakurikira bavugako bidafututse kuba umunyamakuru afata mugenzi we akamutuka kuri mikoro, hakibazwa aho uyu mwuga w’itangazamakuru werekeza mu gihe harimo abantu benshi bawica nkana.

Ibi byose yabihereyeho avugako hari ibintu Anta Biganiro ukorera Radio Tv 10 yagiye abeshya ku bakinnyi bagombaga guhindura amakipe.

Abantu bakavugako bibaho kuba umuntu yavuga ibintu ntibibe kuko n’ubundi umuntu ntabwo ari Imana itibeshya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nta mukobwa ukwiye kubwira aya magambo umusheri we niba amukunda by’ukuri

Chelsea ikomeje guhura n’ibibazo, igiye guhomba undi mukinnyi ukomeye.