in

Umunyamakuru Reagan Rugaju yaraye asekeje abantu mu gitaramo cy’urwenya imbavu zirahindukira (Amafoto)

Umunyamakuru ukomeye mu mikino mu Rwanda, Reagan Rugaju yaraye asekeje abantu mu gitaramo cy’urwenya cya Gen Z Comedy.

Ibi byabaye mu ijoro ryakeye, aho uyu munyamakuru yari umutumirwa muri iki gitaramo mu gace Fally Merci yise Meet me tonight. Ni agace atumira umuntu runaka akamubuza ibibazo biganisha ku rwenya no gususurutsa abafana.

Mu ijoro ryakeye Reagan Rugaju ni we wari umutumirwa aho yaje agahatwa ibibazo na Fally Merci aho yanitwaye neza cyane.

Amafoto;

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bidasubirwaho ikipe ya Rayon Sports igiye gusinyisha umukinnyi ukomeye w’ikipe ya Kiyovu Sports

Ngayo amakipe 5 ari guhabwa amahirwe menshi yo kwegukana igikombe cya shampiyona yo mu Rwanda