in

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul wumvikanye avuga nabi Mutesi Jolly, agiye kuba agororerwa i Mageragere

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo muri gereza.

Ubushinjacyaha bwasabye ko Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul afungwa iminsi 30 y’agateganyo kuko ibyaha akurikiranyweho;

Urukiko ruramutse rubimuhamije yakatirwa igihano cy’igifungo kirengeje imyaka 2. Umucamanza yavuze ko Ibyaha akekwaho harimo icyaha cyo gutangaza amakuru y’ibihuha, icyaha cyo guhohotera uwatanze amakuru, icyaha cyo gukoresha ibikangisho n’icyaha cyo gutukana mu ruhame.

Yemerewe kujuririra iki cyemezo mu minsi 5 kikimara gusomwa.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Alyn Sano ntakiri kubarizwa ku butaka bw’u Rwanda ukundi

Umunyamakuru yishwe ari live mu kiganiro kuri Radiyo