in

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul uherutse kwibasira Mutesi Jolly yageze mu rukiko yambaye imyenda y’abagororwa

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul ukurikiranyweho ibyaha birimo gutukana mu ruhame, guhohotera uwatanze amakuru ku byaha, gutangaza amakuru y’ibihuha, yitabye urukiko mu bujurire ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo.

Nkundineza Jean Paul yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo kugirango iperereza rikomeze mu gihe ategereje gusomerwa urubanza.

Mu byaha ashinjwa harimo ibyo yakoreye Miss Mutesi Jolly avuga amagambo akakaye yibasira uyu mukobwa wabaye Miss Rwanda 2016.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi b’ikipe y’umujyi wa Kigali bigaragambije banze gusubira mu myitozo

Amashusho y’urukozasoni Neymar yatse ukina filime z’urukozasoni yatumye atandukana n’umukunzi we bari bamaze ukwezi kumwe bibarukanye