in

Umunyamakuru Ndahiro Valens Papi n’umugore we barokotse impanuka ikomeye yari no kubahitana

Umunyamakuru Ndahiro Valens Papi yasimbutse urupfu we n’umufasha we mu mpanuka bakoreye mu mujyi wa Kigali mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa gatatu.

Ibi byabaye mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa gatatu, aho Ndahiro Valens Papi warikumwe n’umufasha we batashye, baraye bakoreye impanuka ikomeye ubwo yari ageze ahitwa i Gihogwe muri Gatsata.

Iyi mpanuka yatewe no kuba imodoka itwara abegenzi yabagonze, bikaza gutuma imodoka ya Ndahiro Valens Papi yangirika icyakora kubw’amahirwe Imana ikinga akaboko ntiyagira icyo aba ndetse n’umufasha we nawe ntiyagira icyo aba.

Uyu mugabo yahise yifashisha imbuga nkoranyamabaga ze zirimo urubuga rwa Whatsapp maze ashima Imana avuga ko, Imana ikimufiteho umugambo  kandi ikimurinze, aho yagize ati: ”kuko Imana ikimfiteho umugambi mugabanye ifitina”

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Dore impamvu zitangaje zituma umuntu arota asakuza

Amakuru meza ku muhanzikazi Rihanna wari umaze imyaka irindwa adasohora indirimbo