in

Umunyamakuru Mike karangwa yabuze umubyeyi we

Umunyamakuru Mike karangwa wamenyekanye mu gisate cy’imyidagaduro aho yagiye akora mu binyamakuru bitandukanye hano mu Rwanda.

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 11 Gicurasi nibwo umubyeyi we Kasimba Clement yitabye Imana aguye mu bitaro bya CHUK.

Mu butumwa yanyujije kuri Instagram, Mike Karangwa yavuze ko se yari umuntu wita ku bandi, ahamya ko bagiranye ibihe byiza, akaba avuga ko ibigwi bye bitazibagirana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibiciro APR FC yasohoye ku mukino uzayihuza na Kiyovu Sports byacishije benshi ururondogoro

Umutoza wa Kiyovu Sports yatangaje amagambo akakaye ku kuba yaba yahawe ruswa na APR Fc mbere yo guhura muri shampiyona