in

Umunyamakuru Edman yatandukanye n’umufasha we nyuma y’igihe gito barushinze

Ishimwe Edson uzwi nka Edman mu myidagaduro na Mugisha Elizabeth ukoresha akazina ka Liza muri muzika yo kuramya no guhimbaza Imana bamaze igihe gito barushinze .

Edman wamenyekanye kuri Prime tv ndetse akaba mu banyamakuru bakoraga ibiganiro by’imyidagaduro akiri mu Rwanda, aho yafashaga uwari umufasha we muri muzika nka manager we.

Edman mu kiganiro yagiranye n’abagenzi bacu yemeje ko yatandukanye n’uwari umufasha we Elizabeth kubera ko haribyo batumvikanye ndetse ngo yamaze kwimukira mu wundi mugi wo muri Canada.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Yvan buravan yafashwe n’uburwayi butumye yerekeza hanze y’u Rwanda

Breaking News: Kapiteni w’ibihe byose w’Amavubi yamaze kongera amasezerano mu ikipe ye