in

Umunyamakuru Benjamin Gicumbi yashimye byimazeyo ibyo umugore we Delphine amukorera

Umunyamakuru ukomeye mu mikino.  mu Rwanda Hagenimana Benjamin wamamaye nka Gicumbi yashimiye umugore we byimazeye ku isabukuru ye y’amavuko.

Kuri wa gatatu tariki ya 1 Kamena 2022, nibwo uyu munyamakuru w’imikino yagize isabukuru y’amavuko aho yagiye yifurizwa isabukuru y’amavuko n’ibindi byamamare bibarizwa mu isi ya Siporo.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram uyu munyamakuru yashimiye byimazeyo abantu bose batuma umunsi we wamavuko uba udasanzwe ndetse anarenzaho ashimira bidasanzwe Delphine Umuhoza umugore we babana kuri ubu.

Yagize ati: “Imana ibampere imigisha mwese! Kuko mutuma uyu munsi uba udasanzwe kuri njye. @Delphineeumuhoza thanks for everything you do for me 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Harmonize ashyize ku rundi rwego iby’urukundo rwe n’umukunzi we batandukanye

Umwirabura udakina yakuye ibyinyo abazungukazi 300 ababeshya ko azabarongora