in

Umunyamakuru Axel Rugangura amarinete ye igiciro cyayo cyatangaje benshi

Umunyamakuru wa radio Rwanda ukora ikiganiro Urubuga Rw’imikino Axel Rugangura ukundwa n’abatari bacye akomeje kuvugisha abantu benshi, uyu munsi noneho amarinete ye yabaye inkuru.

Uyu musore kuri uyu munsi tariki 25 Ukwakira yaje mu kiganiro Urubuga Rw’imikino yambaye neza cyane gusa ariko amarinete yari yambaye yatangariwe n’abanyamakuru bagenzi be maze bamubaza igiciro yamuhagaze ari ku yagura.

Yavuze ko yayaguze akoyabo k’amafaranga ibihumbi maganabiri na mirongo itanu(250) by’amanyarwanda, ibi yabivuze avuga ko ariri amafaranga menshi ngo kuko nka Karim Benzema ajya gufata Ballon d’or yari yambaye isaha ya miliyoni zirenga 60.

Gusa iki giciro cy’amarineteye cyatangaje abanyamakuru bagenzi be bakorana maze batangira kwibaza niba yambara amarinete afite ako giciro ngo ubwo inkweto cyangwase imyenda ye iba ihagaze angahe?

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

PSG igiye kwiba ikipe ya Real Madrid

Umukinnyi ukomeye wa Manchester United inzoga zimutegetse kujya muri gereza y’abagore