in

Umunyamakuru Antoinette Niyongira yashyize hanze ifoto iteye ubwuzu ari kumwe n’umwana we

Ni kenshi abahanzi n’abandi bantu b’ibyamamare batandukanye bazwi ndetse bakunda gukoresha imbuga nkoranyambaga bakunze kwerekana abana babo mu rwego rwo kugaragaza ni babishimiye. Kenshi bashyira hanze amafoto bari kumwe n’abana babo ndetse bikaba akarusho iyo abana babo bagize amasabukuru y’amavuko ndetse n’ibindi bikorwa by’indashyikirwa mu buzima bwabo nko kurangiza amashuri n’ibindi.

Niko byagenze kuri Antoinette Niyongira, umwe mu banyamakuru bakorera Radio 102.3 KISS FM.

Antoinette abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yashyize hanze ifoto iteye ubwuzu ari kumwe n’umwana we aho yari amuteruye bigaragara ko ibyishimo ari byose. Iyo foto ni iyi ikurikira:

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusifuzikazi Mukansanga Salima ari mu gahinda nyuma yo gutakaza umuvandimwe we

Miss Nishimwe Naomi yasekeje abantu bari mu rusengero nyuma yo gukubita akavuvgirizo (Videwo)