in

Umunyamakuru Antoinette Niyongira ari mu byishimo byinshi.

Umunyamakuru wa Kiss Fm , Antoinette Niyongira yagaragaje ko atewe ibyishimo byinshi nuko agiye kwibaruka umwana we wa kabiri.

Uyu munyamakuru nk’uko yabigaragaje kuri instagram, yavuze ko yishimye cyane kubera uyu mwana yiteguye kwakira mu muryango we. yagize ati “Amashami aracyashibuka”.

Uyu munyamakuru asanzwe amenyerewe mu kiganiro Mid morning gica kuri Kiss FM .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa mwiza yahishuye ko agiye kwiyahura nyuma yo gusambana n’abagabo benshi akaba yaragumiwe.

Rwanda:Umukobwa w’uburanga utunze miliyoni 80 yavuze ko abasore batinya kumutereta.