in

Umunwa ku wundi: Umuhanzi ukomeye yagaragaye ari gusomana mu ruhame rw’abantu benshi cyane (VIDEWO)

Umuhanzikazi ukunzwe cyane mu ndirimbo z’urukundo ku isi hose, Camila Cabello yagaragaye ari gusomana mu ruhame rw’abantu benshi.

Uyu mukobwa wamenyekanye cyane mu ndirimbo nka Havanah, yagaragaye ari gusomana na Shawn Mendes byigeze kuvugwa ko batandukanye.

Aba bombi basomaniye mu ruhame rw’abantu benshi aho bari bitabiriye Coachella Fest 2023.

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Uwicyeza Pamela ari kumwe n’izindi nkumi 3 bombi b’imiterere idasanzwe bagaragaye buri wese ari kwiyerekana nk’abanyamideri – VIDIO

Kigali: Abakobwa b’ibizungerezi kandi bibitseho agatubutse bitandukanyije n’abasore, bikorera ibyo bagakorwe nabo (VIDEWO)