in

“Umuntu wese upfuye hano bavuga ko ari njye” Ubuzima bushaririye bw’umukobwa witwa Annet watengushywe n’umubiri kubera uburwayi

“Umuntu wese upfuye hano bavuga ko ari njye” Ubuzima bushaririye bw’umukobwa witwa Annet watengushywe n’umubiri kubera uburwayi.

Umunyarwandakazi Annet, akomeje kurembera mu bitaro kugeza n’aho iyo umuntu apfuye babika we.

Mu kiganiro na ISIMBI TV ku muyoboro wa YouTube, uyu mukobwa yavuze ko yabitswe kenshi ko yapfuye gusa ngo ntacyo yabaye.

Uyu mukobwa avuga ko yari afite ibiro 60 gusa ngo yaje kugera no ku biro 19, kubera ari kugaruka ibuntu ngo ubu amaze kugeza ku biro 30.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Mama wa Pendo avuga kimwe nk’umukobwa we baranasa” Abantu benshi bacitse ururondogoro nyuma yo kubona amashusho ya Anita Pendo aganira na Mama we bavuga kimwe ndetse yavuze ikipe afana umukobwa we aratungurwa – VIDEWO

Nyarugenge: Abana babiri bisanze bari kwangara nyuma y’uko nyina wabo wari indaya afungiwe mu Nzererezi i Gikondo