in

Umuntu ushaka kugura itike yo kureba umukino wa Rayon Sports ari mu mazi abira

Umuntu ushaka kugura itike yo kureba umukino wa Rayon Sports ari mu mazi abira

Ikipe ya Rayon Sports imaze iminsi irimo kwitegura uyu mukino bazakinamo na Al Hilal Benghazi kuri uyu wa gatandatu, buri mukinnyi uzakina wese ubona ko afite icyizere cyo kuzatanga byose kugirango Rayon Sports igera mu matsinda.

Iyi kipe ya Rayon Sports kuwa mbere ni wo yatangaje ibiciro byo kwinjira kuri uyu mukino ariko kugeza ubu umuntu utaragura itike Kandi ashaka kuwureba ashobora kwisanga arimo kuwurebera kuri Television.

Ikipe ya Rayon Sports mukanya hashize yatangaje ko amatike yo kwinjira ahasanzwe hose ya 5000 yamaze gushira. Biteganyijwe ko ejo ibiciro biziyongera ariko bisa nkaho bizagera nta tike igisigaye Rayon Sports itaragurisha no mu bindi byicaro.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Dore 11 bagateganyo ikipe ya Apr Fc ishobora kuza kubanza mo ku mukino iza gucakirana na Pyramid Fc

“Umugore ubyaye 2 yiyandagaza kukarubanda avuga amagambo agayitse nkaya?” Shaddy Boo yakijweho umuriro n’abakoresha urubuga rwa X yahoze ari Twitter bamuziza amagambo yatangaje ubwo yageragezaga kuvugira The Ben uri mu Burundi