in

Umuntu agenda ayenga ubugabo! Kamonyi hadutse indwara y’amayobera imaze guhitana abatari bake

Abaturage bo mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Kayenzi, baratabaza ngo bakorerwe ubuvugizi ku ndwara itazwi izina iri kwica abantu.

Umwe mu baturage bo muri ako gace, yahamagaye kuri Radio B&B Kigali FM, ababwira ko babakorera ubuvuzi ku ndwara iri gufata ab’igitsinagabo bayenga ubugabo, bikaza kugera ahi bahasiga ubuzima kuko abagera kuri 5 bishwe nayo.

Yagize ati “Indwara iri guturaka Kayenzi muri Kamonyi, umuntu agenda ayenga ubugabo, bikarangira yitabye Imana, ubu abantu 5 bamaze kwitaba Imana”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gikundiro yashyize hanze imyambaro mishya iri mu mabara 3 atandukanye izambara mu mwaka w’imikino wa 2024-25 – Dore uko izajya yambarwa

Akimara kumva ukuntu indirimbo iri kubica bigacika i Nyarugenge, umuhanzi The Ben yeretse abakunzi be urukundo akunda Bruce Melodie mu buryo benshi batacyekaga (Amashusho)