in

Umukunzi wacu wagenewe ishimwe ry’ukwezi kwa Mutarama 2022

Nkuko twari twarabisezeranyije abakunzi bacu n’abasomyi bacu hano kuri YEGOB ko tuzahemba umusomyi wahize abandi mu gutanga ibitekerezo byinshi kandi byubaka ku nkuru twabagejejeho muri uku kwezi kwa Mutarama 2022.

Uwahize abandi muri uku kwezi kwa Mutarama 2022 mu gutanga ibitekerezo ku nkuru zacu ni Ishimwe Irumva Bernard. Turamushimiye!

Nkuko twari twabibabwiye, Ishimwe Irumva Bernard turaza kumugenera ishimwe rye tubinyujije kuri konti ye ya Mobile Money.

Dukomeje kubashishikariza mwese gukomeza gusoma inkuru zacu, mugatanga ibitekerezo ndetse mukanasangiza inkuru zacu ku mbuga nkoranyambaga mukoresha kuko ibihembo byo mu mezi akurikira bizaba ari byinshi cyane ndetse n’abazahembwa bazaba barenze umwe.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Umukobwa wari wambariye umugeni mu bukwe yabyinishije umukwe abantu baratangara (Video)

Ni akumiro : Yashakanye na Musaza we bavukana ku babyeyi bombi

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO