in

Umukunzi wa Yvan Buravan yatangaje ijambo rya nyuma Buravan yamubwiye

Nkuko Yvan Buravan yagiye ashishikariza abantu urukundo, ntago we yari muri babandi bashishikariza abandi gukora ikintu ariko we kitamureba.

Yvan Buravan yagiraga urukundo ndetse akaba yari afite uwo yarugeneye ndetse yaramwijeje urukundo rufite intego yo kugeraho muri ubu buzima bw’isi.

Chiffa mart umukobwa bigaragara ko ataba mu Rwanda ukuriije amafoto yari afite ku rubuga rwe rwa Instagram mbere atari yayasiba, ni we wari umukinzi wa Yvan Buravan.

Yvan Buravan ntago yigeze ashyira hanze amafoto ndetse n’amakuru menshi yerekeye uru rukundo rwabo dore ko Yvan Buravan atakundaga gushyira ubuzima bwe bwose hanze.

Mart yasibye amafoto ye kuri Instagram hanyuma ashyiraho amafoto agargaza aghinda yatewe no kubura urukundo rwe.

Yvan Buravan yasize amubwiye ko azamukunda kugeza ku gupfa.

Yagize ati “Ndagukund kugeza ku gupfa, ki kwezi ndetse ngarutse”

Ubu nibwo butumwa Yvan Buravan yageneye umukunzi we bwa nyuma na nyuma.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ba Myugariro batatu b’ikipe y’igihugu Amavubi bakomeje kwibaza ejo hazaza

Gahunda yo guherekeza Nkusi Thomas uzwi nka Yanga uherutse kwitaba imana