in

Umukobwa yakoze ubukwe buhebuje n’uwahoze ari umwarimu we(AMAFOTO)

Uwahoze ari umwarimu w’ishuri ryisumbuye yakoze ubukwe buhebuje n’umwe mu banyeshuri yigishije i Agbor, muri Leta ya Delta muri Nigeria.

Ikinyamakuru Ika Weekly kivuga ko Sammy yavuze ko yahuye na Stephanie nk’umukobwa mukuru mu ishuri rya Orient Academy, Boji-Boji Owa mu gihe cyo Kwigisha mu 2013. Amafoto y’ubukwe bwabo akaba yasakaye ku mbuga nkoranyambaga aho benshi batangariye uburyo aba bombi baberanye.Uyu mwarimu yavuze ko byari nk’inzozi kuri we kurushingana n’uyu mukobwa yakunze bidasanzwe .Yagize ati : “Byari inzozi kuba narashakanye na Stephanie nkunda cyane kandi nkunda nk’umwe mu banyeshuri banjye.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi yakoze agashya aterera ivi umukobwa ku kibuga mbere y’umukino(Amafoto)

0

Abasekirite babiri bakoze ibidasanzwe imbere y’abakiriya muri resitora(video)