in

Umukobwa w’imyaka 20 yiyahuje igitenge cye kubera umusore bakundanaga

Umukobwa w’imyaka 20 bikekwa ko yahemukiwe n’umukunzi we, yasanzwe yiyahuje igitenge.

Uyu mukobwa w’imyaka 20 yaba mu gace ka Shikiro mu mujyi wa Ngozi.

Umurambo we watahuwe tariki 2/11/2023 aho yari aziritse ku idirishya.

Abaturanyi be bavuga ko nta gikomere basanganye uyu mukobwa.

Abazi uwo mukobwa bavuze ko yaba yiyahuye nyuma yo guhemukirwa n’umukunzi we.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abo muri 2023 bakinira karere ku mapave: Umujyi wa Kigali wubakiye abana akabuga bakiniraho karere

Wowe ntago biri butinde kugira ngo wisange i Mageragere :Umukobwa wagaragaye yambaye nka Eva muri Edeni abantu bakomeje kuvuga ko atamara hanze kabiri atarajya i Mageragere kuko hari benshi bahaniwe ibyo yakoze (AMAFOTO) https://wp.me/p7ovfz-1936